Uko wasaba Ivugururwa ry’Uruhushya rwo Kubaka

Breytt Sun, 23 Nóv kl 1:43 PM

Serivisi yo Gusaba Ivugururwa ry’Uruhushya igenewe abantu ku giti cyabo n’ibigo bifite uruhushya rwo kubaka rushira igihe runaka, bakaba bifuza ko rwongererwa igihe.

Abasaba basabwa gutanga amakuru mashya ajyanye n’umushinga, maze Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Imyubakire (RHA) kigasesengura ubusabe kugira ngo harebwe niba ibikorwa bigikurikiza amabwiriza agenga imyubakire, mbere yo gutanga uruhushya rw’inyongera.

  • Ni bande bemerewe gusaba uru ruhushya?


Abantu ki giti cyabo, ibigo by’ubucuruzi bifite ibyangombwa byo kubaka cyangwa ibyo kuvugurura.

Ni ibiki ukeneye mbere yo gutangira gusaba?

Dore ibyo ukeneye byose:

  • Ugomba kugira konti. Uko wafungura konti, kanda hano

  • Nimero ya telefoni cyangwa imeyili (iyo ubishatse) kugirango wakire kandi ukurikirane amakuru yaho dosiye yawe igeze.


Igiciro

Igihe cyo gutunganya dosiye 

Ntiyishyurwa

Iminsi 30 


  • Intambwe zikurikira ndetse nandi makuru 

  1. Icyemezo nuko Uruhushya ruzatangwa:

  • Iyo ubusabe bwanyu  bwemejwe, muzakira ubutumwa kuri imeyili mwatanze muri gusaba. 

  1. Ukeneye ubufasha cyangwa andi makuru:

Var þessi grein gagnleg?

Það er frábært!

Þakka þér fyrir álit þitt

Því miður! Við gátum ekki verið hjálpleg

Þakka þér fyrir álit þitt

Láttu okkur vita hvernig við getum bætt þessa grein!

Veldu að minnsta kosti eina af ástæðunum
Staðfesting á CAPTCHA er nauðsynleg.

Viðbrögð send

Við kunnum að meta fyrirhöfn þína og munum reyna að laga greinina