Uko wasaba Uruhushya rwo Kubaka Inyubako z’Agateganyo

Breytt Sun, 23 Nóv kl 12:56 PM

Iyi serivisi igenewe abantu ku giti cyabo cyangwa ibigo bifite gahunda yo kubaka, gushyiraho, cyangwa gukoresha inyubako z’agateganyo nka za tente z’ibirori, utubari, cyangwa ibiro by’agateganyo ku masite y’inyubako.
 Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Imyubakire (RHA) gisuzuma ubusabe kugira ngo harebwe niba izo nyubako zujuje umutekano n’amabwiriza y’imyubakire mu gihugu.

  • Ni bande bemerewe gusaba uru ruhushya?

  • Abantu ku giti cyabo bifuza gushyiraho inyubako z’agateganyo ku butaka bwabo

  • Ibigo cyangwa imiryango ikeneye inyubako z’agateganyo mu bikorwa by’ibirori, imishinga y’ubwubatsi, cyangwa ubucuruzi


  • Uko wasaba uruhushya rwo kubaka Inyubako z’Agateganyo

Sura urubuga rwa One Stop Center: onestopcentre.rdb.rw

Ni ibiki ukeneye mbere yo gutangira gusaba?

Dore ibyo ukeneye byose:

  • Ugomba kugira konti. Uko wafungura konti, kanda hano

  • Nimero ya telefoni cyangwa imeyili (iyo ubishatse) kugirango wakire kandi ukurikirane amakuru yaho dosiye yawe igeze.


Igiciro

Igihe cyo gutunganya dosiye 

Ntiyishyurwa

Iminsi 30 


  • Intambwe zikurikira ndetse nandi makuru 

  1. Icyemezo nuko Uruhushya ruzatangwa:

  • Iyo ubusabe bwanyu  bwemejwe, muzakira ubutumwa kuri imeyili mwatanze muri gusaba. 

  1. Ukeneye ubufasha cyangwa andi makuru:






Var þessi grein gagnleg?

Það er frábært!

Þakka þér fyrir álit þitt

Því miður! Við gátum ekki verið hjálpleg

Þakka þér fyrir álit þitt

Láttu okkur vita hvernig við getum bætt þessa grein!

Veldu að minnsta kosti eina af ástæðunum
Staðfesting á CAPTCHA er nauðsynleg.

Viðbrögð send

Við kunnum að meta fyrirhöfn þína og munum reyna að laga greinina